IDF yirinze gutangaza amazina y’aba basirikare bombi ariko ivuga ko bazahita bakurwa ku rugamba.
Itangazo rivuga ko abandi basirikare batandatu bari bari aho batagize icyo bakora ibyabo bizasuzumwa ukwabyo.
BBC yanditse ko iyi foto yafatiwe mu gace ka Debel mu Majyepfo ya Liban yateje impagarara mu bice bitandukanye harimo no muri Amerika aho abaturage bavugaga ko biri gutukisha izina ry’igihugu cyabo gitera inkunga ingabo za Israel.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko yababajwe n’ibyakozwe n’uyu musirikare avuga ko bubaha imyemerere y’abantu bose.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!