Umuyobozi mu ngabo yemereye ikinyamakuru Financial Times kuri uyu wa Gatanu ko Oleksandr Lutsenko yakuwe ku mwanya we nk’umuyobozi w’umutwe ushinzwe ibikorwa byo mu karere ka Donetsk.
Ingabo za Ukraine, zari ziyobowe na Lutsenko, zananiwe guhagarika igitero cy’u Burusiya cyageze ku buso bungana hafi na kimwe cya kabiri cy’Umujyi wa Londres mu gihe cy’ukwezi kumwe gusa. Uwo muyobozi yavuze ko Lutsenko azahabwa undi mwanya mu ngabo z’igihugu. Yahise asimburwa na Brigadier General Oleksandr Tarnavskyi.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!