Oleksandr Hanzha yavuze ko ibi bitero byahitanye abandi bantu batatu.
Reuters yanditse ko u Burusiya bumaze iminsi burasa kuri sitasiyo za lisansi ariko ibitero byakajije umurego muri iyi minsi, aho abayobozi bari ku rugamba mu bice bya Zaporizhzhia, Sumy, Kharkiv na Dnipropetrovsk bavuga ko bagabwaho ibitero buri munsi.
Mu Mujyi wa Kherson igitero cya drone cyagabwe kuri bisi itwaye abagenzi umwe ahasiga ubuzima, abandi batanu barakomereka.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!