Kugeza kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Ukwakira 2020, Minisiteri y’Ubuzima mu Buhinde, yatangazaga ko abamaze guhitanwa na Covid-19 ari 100842.
Ni imibare kandi ishobora gukomeza kuzamuka, bitewe n’uko ibikorwa bimwe na bimwe bihuriza bantu benshi hamwe biri kugenda bikomorerwa.
Inzu zireberwamo sinema muri iki cyumweru zarakomorewe, zemererwa kwakira 50% by’abo zari zisanzwe zakira, mu gihe amashuri nayo ari ku rutonde rw’ibikorwa bishobora gukomorerwa hagati muri uku kwezi.
Imibare itangwa na Minisiteri y’Ubuzima mu Buhinde, igaragazako abantu miliyoni 6.47.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!