Ni mu gihe ubwandu bushya bwagaragaye bwo buri hasi cyane ugereranyije n’ubwagiye butangazwa mu cyumweru gishize; aho iyi Minisiteri ivuga ko abasaga 75,809 ari bo bagaragayeho ubwandu bushya.
Kugeza ubu u Buhinde ni cyo gihugu cya kabiri gifite umubare munini w’ubwandu bwa coronavirus ku Isi nyuma ya Amerika; aho gifite abasaga 4,284,103 bamaze kwandura iyi ndwara.
Ku mubare w’impfu nyinshi ho kiza ku mwanya wa gatatu kuko abantu 72,843 aribo bapfuye; inyuma ya Amerika iyoboye n’abapfuye 193,534, na Brésil ya kabiri ifite 127, 001.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!