Uwo bwato bwari bugiye kwambuka bujya mu Bwongereza, moteri yabwo yafashwe n’inkongi y’umuriro.
Byatangajwe ko abantu 157 ari bo batabawe bajyanwa ku cyambu cya Boulogne-sur-Mer. Ntibyigeze bitangazwa niba hari abakomeretse cyangwa abahasize ubuzima.
Ibi bibaye nyuma y’umunsi umwe Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Andy Burnham, atangaje ko guverinoma ye izakomeza gushyira imbaraga mu kugabanya umubare w’abantu binjira mu Bwongereza bakoresheje ubwato buto.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!