Ibyo Donald Trump ubura iminsi mike akarahirira kuyobora Amerika ntabikozwa kuko yongeye kuzamura Ibendera riri mu rugo rwe ruzwi nka Mar-a-Lago club, kandi icyunamo kitararangira.
Abandi bayobozi batandukanye barimo Joe Biden, ubura iminsi mike akava ku butegetsi ndetse na Guverineri wa Florida, amabendera ari mu ngo zabo aracyururukijwe.
Ibi bibaye nyuma y’iminsi mike Trump anenze igitekerezo cyo kurahira amabendera yose mu gihugu yururukijwe, kuko ibi birori bizaba mu gihe Abanyamerika bazaba bakiri mu cyunamo.
Biteganyijwe ko Donald Trum azarahira ku wa 20 Mutarama 2025.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!