Ibi Donald Trump yabigarutseho mu ijambo yavugiye kuri uyu wa kabiri mu kigo cyitwa America First Policy Institute cyashinzwe muri 2017 nyuma gato y’uko atorewe kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika.
Ati ”Dushobora kongera kubikora, tugomba kugorora igihugu cyacu.”
Uyu mugabo w’imyaka 76 asanzwe ari umunyemari akaba n’umunyapolitiki wo mu ishyaka ry’aba-Republican, ntasiba kuvuga ko amatora yo muri 2020 yatsinzwemo na Joe Biden yabayemo uburiganya.
Trump ati "Iyo nemera guhara imyizerere yanjye, nkemera guceceka, nkigumira iwanjye nkabyoroshya, kunkandamiza byari guhagarara ariko sinzabikora. Sinabikora.”



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!