00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Trump umutima uradiha: Amerika na Iran byongeye kwesurana

Yanditswe na IGIHE
Kuya 15 July 2026 saa 05:19
Yasuwe :

Intambara ikomeje gufata indi ntera hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko impande zombi zinaniwe kumvikana binyuze mu biganiro.

Impande zombi zatangiye kongera kugabanaho ibitero mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma y’uko buri rumwe rushinje urundi kurenga ku bikubiye mu masezerano y’ibanze.

Ibi bibaye kandi mu gihe Donald Trump aherutse gutangaza ko ari mu bantu ba mbere Iran ishaka kwivugana.

Reba ikiganiro ‘Tubijye Imuzi’ umenye byinshi kuri iyi ntambara n’impungenge Trump afite


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages