TMZ yanditse ko ku Cyumweru, Donald Trump yagaragaye bwa mbere mu ruhame ubwo yerekezaga mu biro bya Perezida, White House, aho yari yiriwe ku kibuga cye cya golf kiri Virginia.
Ibi byaciye ibihuha byari bimaze iminsi bivuga ko Trump arembye.
Amakuru y’uburwayi bwa Trump yatangiye gukwirakwizwa ku mbuga mu mpera z’icyumweru gishize. Yavugaga ko arwariye mu bitaro bya Walter Reed Medical Center mu gace ka Bethesda.
Trump byakekwaga ko arembye yagaragaye ari mutaraga



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!