Uyu mugabo utigeze atangazwa amazina, nta bimenyetso by’iyi ndwara yari afite, yavuye ahitwa Santa Marta yabaga, ajyanwa mu kato hamwe n’abandi bahuye.
Iyo nyubako ifite ibyumba 130, muri Werurwe uyu mwaka nabwo yari yabonetsemo umuntu wanduye Coronavirus ubwo u Butaliyani bwibasirwaga cyane n’iki cyorezo.
Pope Francis, inshuro zose apimwa COVID-19 harebwa ko ubuzima bwe bwaba bumeze neza.
I Vatican hamaze kugaragara ubwandu bw’abantu 26, nta n’umwe wigeze uhitanwa n’iki cyorezo kuva cyakwibasira Isi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!