Netanyahu yabitangaje kuri uyu wa Gatatu imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ya Israel, aho yagize ati “Twishe Mohammed Sinwar”.
Ibinyamakuru byo muri Israel byatangaje ko Mohammed, umuvandimwe wa Yahya yishwe ku wa 13 Gicurasi mu bitero Ingabo za Israel zagabye mu gace ka Khan Younis.
Yahya Sinwar wari Umuyobozi w’Ikirenga wa Hamas yishwe mu Ukwakira 2024 mu gitero gikomeye yagabweho mu nzu yari atuyemo muri Gaza.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!