Uyu mugabo yabitangarije i Geneve ku wa 3 Werurwe 2026, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru.
Ali Bahreini yavuze ko mu gihe ubushotoranyi ikorerwa butarahagarara, itazahagarika intambara.
Ati “Nihagira ibirindiro byo mu gihugu gituranyi byifashishwa mu kuturasa cyangwa kuvogera ubusugire bw’ibindi bihugu, aho ni ho tuzarasa.”
Aljazeera yanditse ko kugeza ku wa 3 Werurwe 2026 humvikanaga urusaku rw’ibisasu bigwa mu Murwa Mukuru Tehran no mu yindi mijyi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!