Tariki ya 15 Kanama 2021 nyuma y’uko Ingabo z’Abanyamerika zivuye mu gihugu cya Afghanistan Abatalibani bongeye kwisubiza ubutegetsi, maze bongera gushyiraho leta igendera ku mategeko akaze ya Islam azwi nka Sharia.
Abatalibani bisubije ubutegetsi nyuma y’imyaka 20 bari babarabukuweho n’ingabo z’Abanyamerika ubwo bagaba ibitero kuri iki gihugu mu mu mwaka wa 2001 nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zibashinje gufasha ibyihebe muri iki gihugu nyuma y’ibitero by’iterabwoba byagabwe muri tariki ya 11 Nzeri 2001 ku miturirwa ya World Trade Center
Kuva Abatalibani bongeye kwisubiza ubutegetsi bagiye bashinjwa ibirego bitandukanye birimo; kubuza abagore kujya mu kazi, gufunga abatavuga rumwe na bo, kubuza abakobwa kwiga ndetse no kubuza abaturage uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!