Iyi nkubi y’umuyaga yahereye muri Jamaica nyuma yibasira na Cuba, no mu bindi birwa bya Caraïbes.
Abantu 25 bapfuye muri Haïti nyuma y’uko umugezi wuzuye ukarenga inkombe zawo.
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio abinyujije kuri konti ya X yavuze ko Amerika yohereje itsinda ry’abashinzwe ubutabazi muri Haïti, Republique Dominicaine na Bahamas.
Rubio yavuze ko abakora ubutabazi bitwaje ibikoresho by’ingenzi bifasha gutabara ubuzima bw’abantu.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!