Izo ndege zishinjwa kuba hagati ya 2020-2023, zaranyuze mu kirere kiri hagati ya Ethiopia na Djibouti zahinduye ibirango zikiyitirira sosiyete y’Abanyamerika United Airlines, kandi indege z’iyo sosiyete yo muri Amerika zitemerewe kuhanyura nk’uko amategeko ya Amerika abigena.
Indi sosiyete yahanwe ni Etihad Airways yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), nayo yahinduye ibirango by’indege zayo ikanyura mu kirere kiri hagati ya UAE na Amerika. Iyi yaciyewe amande ya $400,000.
Si ubwa mbere bibaye ko sosiyete z’indege zihanwa kubera ko zanyuranyije n’amabwiriza y’ikoreshwa ry’ikirere kuko no muri Nzeri 2024, Amerika yaciye Air Canada amande ya $250,000 ku bwo gukoresha ikirere cya Iraq, indege zayo zakoresheje ibirango bya United Airlines.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!