Muri raporo z’ikigo RBG PAC cyari gishyigikiye Trump, hagaragajwe ko mu nkunga cyakiriye zo gufasha Trump kwiyamamaza harimo miliyoni $20.5 yavuye kwa Musk.
Aya yiyongera ku yandi miliyoni $238 Musk yahaye ikigo America PAC, nacyo cyari kiri mu bikorwa byo kwamamaza Trump.
Musk washinze ibigo nka Tesla na Space X akaba na nyiri urubuga X, ni umwe mu bashyigikiye cyane Trump mu matora.
Nyuma yo gutorwa, Trump yagororeye Musk kumuha umwanya muri Guverinoma, aho ashinzwe Urwego rushya ruzashyirwaho rugamije gufasha Leta kugabanya amafaranga ikoresha, ruzwi nka DOGE.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!