00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Amerika yambutsa utugunguru miliyoni 7 twa peteroli ku munsi mu Burasirazuba bwo Hagati

Yanditswe na IGIHE
Kuya 12 June 2026 saa 05:25
Yasuwe :

Minisitiri w’Ingufu muri Amerika, Chris Wright yatangaje ko ingabo za Amerika ziri mu Burasirazuba bwo Hagati zifasha kwambutsa utugunguru miliyoni 7 tw’ibikomoka kuri peteroli buri munsi.

Yabitangaje ku wa 12 Kamena ubwi yari mu nama i Houston. Chris Wright yavuze ko nta bikomoka kuri peteroli bya Iran binyuzwa mu nzira ya Hormuz.

Uyu mugabo yavuze ko mu gihe Amerika na Iran byakumvikana ku masezerano, hazafunguka urujya n’uruza mu kigobe cya Persique.

Uyu mugabo yavuze ko mu gihe Amerika na Iran byakumvikana hari bimwe mu bihano yari yarafatiwe byakurwaho.

Amerika yatangaje ko yambutsa utugunguru miliyoni 7 buri munsi mu Kigobe cya Persique

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages