Iran izakinira muri Amerika ariko izaba icumbitse muri Mexique.
Rubio yavuze ko uretse intambara yatangiye muri Gashyantare ishyamiranyije Amerika na Iran, ubundi nta kibazo bafite ikipe ya Iran n’abazayiherekeza mu gikombe cy’Isi.
Ati “Icyo tutazemera ni uko bavanga mu baherekeje ikipe abantu tuzi neza ko ntaho bahuriye n’imikino bafite aho bahuriye na Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC), ibyo tuzabigenzura cyane.”
Ikipe ya Iran izacumbika muri Tijuana muri Mexique ikazajya ikora urugendo rw’iminota ibarirwa muri 55 mu ndege bagiye gukina.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!