Hakusanyijwe ibitekerezo by’abantu 1606 bafite imyaka guhera kuri 18 kuzamura batuye mu bice bitandukanye by’igihugu.
Hagaragajwe ko abantu bakuru ari bo benshi bizera ko ku Isi habaho ibivejuru, mu gihe abakiri bato bagishidikanya ko bibaho.
Ku rundi ruhande abagabo bagera kuri 83% ni bo bizera ko habaho ubundi buzima nyuma y’Isi kurusha abagore bangana na 76%.
Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko abagera kuri 46% batekereza ko hari ibivejuru biza kugenzura Isi mu gihe abantu batazi ko biri kuba.
Bamwe mu babajijwe uko bakwiyumva mu gihe byaba byemejwe ko abantu batari bonyine ku Isi, muri bo 77% bagaragaje ko bafite amatsiko y’uko ibyo byagenda, 30% bagaragaza ko bagira ubwoba mu gihe 15% bagaragaje icyizere.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!