Reuters yanditse ko urwego rushinzwe ubwikorezi bwo mu kirere rugiye gukora iperereza ku cyahanuye iyi ndege.
Inzego zishinzwe umutekano n’ubutabazi bw’ibanze zatangaje ko amakuru y’ibanze agaragaza ko iyi ndege yagenderaga ku muvuduko wo hejuru cyane igihe yakoraga impanuka.
Indi ndege yanyuze mu kirere iyo ndege yahanukiyemo yageze aho yajyaga nta kibazo igize.
Abantu batanu baguye mu mpanuka y'indege



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!