Inzoka z’impiri, uruziramire, inshira, ikiryambeba n’izindi zatangiye kwerekwa Abanyarwanda nka bimwe mu biranga amateka y’u Rwanda biri mu nzu y’umurage y’u Rwanda imenyerewe ku izina rya Richard Candt i Kigali. Kuri izi nzoka hiyongeraho n’ingona nini yafatiwe mu Bugesera, aho ibi binyabuzima byitezweho gukurura ba mukerarugendo benshi kuko bitari bisanzwe biboneka ku buryo bworoshye..Foto: Faustin N.



















TANGA IGITEKEREZO