Mu nkuru twabagejejeho mu cyumweru gishize guhera kuya 29 Nyakanga n’iya 04 Kanama 2013, twibanze ku iyirukanwa ry’abanyarwanda b’impunzi bari muri Tanzania, bahawe igihe kingana n’ibyumweru bibi bagomba kuba bavuye muri icyo gihugu, twabagejejeho kandi n’inkuru y’Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu mu Burengerazuba bw’u Rwanda, wemeza ko hari Abanyarwanda batazwi umubare bamaze kujyanwa bunyago muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Abakuru b’ibihugu mu kanama mpuzamahanga ku karere k’ibiyaga bigari, - CIRGL, bateraniye i Nairobi kuri uyu wa gatatu tariki 31 Nyakanga, mu nama yo gusuzuma ibirebana n’amasezerano yasinywe n’ibihugu 11 muri Gashyantare i Addis-Abeba mu rwego rwo gushakira amahoro Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Tubagezaho n’izindi zitandukanye.



















TANGA IGITEKEREZO