Mu makuru twabagejejeho yaranze icyumweru guhera kuya 21-27 Ukwakira 2013, twibanze ku uruzinduko Paul Kagame yagiriye mu karere ka Gasabo, aho yifatanyije n’abaturage batuye Umurenge wa Ndera mu gikorwa cy’umuganda hakorwa rigori ku muhanda uhuza Imirenge itatu mu karere ka Gasabo,abaturage baturututse mu tugari twa Rudashya na Cyaruzinge, aho yababwiye ko uyu muhanda ugiye gushyirwamo kaburimbo mu minsi mike. twibanze kandi ku isabukuru y’imyaka 56 y’amavuko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize kuya 23 Ukwakira 2013.twabagejejeho kandi uburyo Perezida Paul Kagame, yakiriye abambasaderi batanu baje guhagararira ibihugu bya bo mu Rwanda.Faustin N.


















TANGA IGITEKEREZO