Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Uburengerazuba, IP Eulade Gakwaya, yabwiye IGIHE ko yasanzwe murima we, hataramenyekana icyo yazize.
Yagize ati “Nibyo, uwo murambo wabonetse mu murima , turacyakurikirana ngo tumenye icyaba cyateye urwo rupfu. Ubu umurambo we wajyanywe kwa muganga. Yari yavuye mu rugo iwe ari muzima[…]. Wabonywe mu ma saa tatu, n’umuryango we wamuherukaga yagiye mu murima, turacyakurikarana ngo tumenye ngo yahageze saa ngahe.”
IP Gakwaya, yakomeje avuga k0 iperereza rikomeje ngo harebwe icyo yaba yazize.



















TANGA IGITEKEREZO