Yabivuze ku ya 1 Nyakanga 2026 agaragaza ko ibikorwa by’ubutabazi bikomeje.
Iyi myuzure yatewe n’imvura nyinshi imaze igihe igwa muri iki guhugu aho guhera ku wa 29 Kamena 2026 yatangiye guteza imyuzure ikomeye mu Mujyi wa Abidjan.
Si muri Côte d’Ivoire gusa iyi myuzure y’ibasiye kuko no mu bice bitandukanye bya Ghana birimo n’Umurwa Mukuru wa Ghana, Accra n aho abagera kuri 12 bamaze kwicwa n’imyuzure.
Inzego z’ubutabazi muri Ghana zagaragaje ko ibikorwa by’ubutabazi byagoranye cyane kubera ubwinshi bw’amazi n’uburebure bwayo ku buryo byabaye ngombwa ko bitabaza ingabo ngo zibafashe mu bikorwa by’ubutabazi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!