Aya masezerano y’ibanze arimo ibijyanye no guhagarika intambara, gufungura umuhora wa Hormuz mu gihe cy’iminsi 60 y’ibiganiro bizakurikiraho ariko ikibazo cya gahunda ya Iran y’intwaro za nucléaire gisigara mu bigomba gukomeza kuganirwaho.
Nyuma yo kwemeranya ayo masezerano y’ibanze Trump yanditse kuri Truth Social ati “Amasezerano n’Ubutegetsi bwa Kiyisilamu bwa Iran ubu yararangiye,”
Ku rundi ruhande ariko Abanya-Iran bo bagaragaza ko bitwaye neza muri iyo ntambara imaze iminsi 108 kuko yabashije kwihagararaho imbere ya Amerika na Israel.
Hari bamwe mu basezenguzi bagaragaza ko Amerika kuva muri Iran cyangwa guhagarika intambara bitewe no kuba yaratsinzwe cyangwa yarananiwe kugera ku ntego yatangiranye urugamba.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!