Umwaka ushize ubwo u Rwanda rwizihizaga imyaka 30 rwibohoye, Perezida Kagame wayoboye urwo rugamba yavuze ko “Igihugu cyacu kiri mu mahoro kandi kizayahorana, uko byagenda kose.” kugira ngo kiyagereho, byasabye ubwitange bw’urubyiruko rw’u Rwanda rwari rwarahejejwe ishyanga.
Urugamba rwo kubohora igihugu rwatangiye ku wa 1 Ukwakira 1990, rusoza ku wa 4 Nyakanga 1994, nyuma yo guhagarika Jenoside, urugendo rwo gusana igihugu rugatangira ubwo.
Mu mafoto, tugiye kwibukiranya bimwe mu bihe byaranze urwo rugamba rutari rworoshye.


















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!