Ni mu muhango wabereye i Rusororo mu Intare Conference Arena, wakurikiye indi irimo gusaba no gukwa yabereye muri iyi nyubako. Byose byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Mutarama 2026.
Bombi bakoze ubukwe mu gihe baherukaga gukora umuhango wo gusezerana mu mategeko, wabereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo ku wa 8 Mutarama 2026.
Urukundo rw’aba bombi rwatangiye kuvugwa mu 2024, ariko mu 2025 aba aribwo ibyarwo bijya hanze ndetse hakorwa n’imihango imwe n’imwe yerekezaga ku kurushinga irimo kwambika impeta y’urukundo Tessy no gufata irembo iwabo.
Amafoto: Kwizera Remmy Moses



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!