Iyi gahunda yatangijwe mu Karere ka Kamonyi ubwo Guverineri Kayitesi yari akiri umuyobozi w’aka karere. Kuri ubu isigaye ikorwa mu Ntara yose y’Amajyepfo.
Ntikuraho umuganda rusange kuko wo uba mu mpera z’ukwezi nmu gihe iyi gahunda iba buri wa Kabiri muri buri Mudugudu.

Guverineri w'Intara y'Amajyepfo, Kayitesi Alice yifatanyije n'abo mu Murenge wa Shyogwe mu muganda wo gusukura aho batuye



Iyi gahunda Guverineri Kayitesi yitabiriye iba buri wa Kabiri muri buri Mudugudu wo mu Ntara y'Amajyepfo
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!