Ubwo bari bageze mu cyumba cy’Inteko Ishinga Amategeko, basuhuzanyije, bagaragarizanya akanyamuneza nk’abantu bagiye gufatanya kwita ku iterambere ry’urwego rw’ubuzima mu Rwanda.

Dr Nsanzimana na Dr Butera bicaranye mbere yo kurahira
Dr Nsanzimana Sabin na Dr Butera Yvan kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Ugushyingo 2022, ni umunsi w’amateka kuri bo kuko aribwo batangiye inshingano zo kuyobora Minisiteri y’Ubuzima, umwe nka Minisitiri undi nk’Umunyamabanga wa Leta.
Ubwo bari bageze mu cyumba cy’Inteko Ishinga Amategeko, basuhuzanyije, bagaragarizanya akanyamuneza nk’abantu bagiye gufatanya kwita ku iterambere ry’urwego rw’ubuzima mu Rwanda.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!