Amafoto yashyizwe hanze n’Igisirikare cya Jamaica, agaragaza abasirikare ba RDF bakirwa ku kibuga cy’indege, ndetse baterura imizigo bari bitwaje izabafasha mu kazi kabo k’ubutabazi.
Jamaica yakiriye itsinda ry’abasirikare bashinzwe ubwubatsi bo mu Ngabo z’u Rwanda ryoherejweyo gufasha mu bikorwa byo gusana no gusubiza ku murongo ibikorwaremezo byangijwe n’ibiza.
Amafoto yashyizwe hanze n’Igisirikare cya Jamaica, agaragaza abasirikare ba RDF bakirwa ku kibuga cy’indege, ndetse baterura imizigo bari bitwaje izabafasha mu kazi kabo k’ubutabazi.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!