Ibikunze kuranga uwitwa izina Thea
Uwitwa iri zina akunda kurangwa n’ubuhanga gusa akagorwa no gusobanura ibintu mu buryo bwo kuvuga ahubwo yoroherwa no gusobanura ibitekerezo ndetse n’ibyiyumviro bye abinyujije mu kwandika.
Ibi bikunze gutuma abari mu kigero cye batamwisanzuraho. Ni umuntu byoroshye cyane gukomeretswa mu marangamutima.
Buri gitekerezo gishya kije abanza kugitekerezaho ndetse akanakigerageza mbere y’uko acyemera. Bitewe n’uko yiga vuba biramugora kwihanganira abantu bafite imitekerereze itinda ndetse bigatuma rimwe narimwe yitwara nk’umuntu uzi byose.
Ibibazo by’ubuzima akunze kugira bikunze guturuka ku guhangayika bikaba byatuma agira ibibazo byo kurwara umutima ndetse n’ibihaha.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!