Baptiste arangwa n’amahoro n’umutuzo. Buri igihe aba afite ibyiringiro by’ibintu byiza,ni umuntu ukunda kumvikana bikamufasha kumvikanisha ibitekerezo bye. Akunda kuba ari wenyine ari gutekereza cyane bigatuma agenzura ibintu byose.
Ni umuntu abandi bagisha inama kandi agakunda gukemura amakimbirane, nta kintu afata nk’icyoroheje icyo yinjiyemo cyose agikorana imbaraga ze zose kuko yizera ko ibintu byose biva mu gukora cyane.
Hari bimwe mu byamamare byagiye byitwa iri zina nka Baptiste de Ville d’Avray umufaransa wamenyekanye mu gufotora, n’umunyamideli akaba n’umuririmbyi w’umufaransa Baptiste Giabiconi. Undi wamenyekanye cyane ni umukinyi wa ruhago Baptiste Martin.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!