EREGA IKIBAZO SUMWARIMU KUKO NKOMURI KAMINUZA NUBUNDI MWARIMU ATANGA REFERENCE ANANYESHURI BAKISHAKIRA.AHUBWIKIBAZO NABANYESHURI BACIBWINTEGE NIBYO MUKORA.IBAZE NGUMUNYESHURI YIRIHIRE KAMINUZA,ESUBU NABANYARWANDA BANGAHE BABISHOBORA.IKINDI UBUSHOMERI BURI HANZAHA ,IKIMENYANE MUKAZI.NGO KWIHANGIRIMIRIMO.IBINIBIBAZO MWAGAKWIYE GUKEMURA MBERE YBINDI.NUMBWO NTANKUNGA ABANYARWANDA BICAYE HAMWE NABAYOBOZI NTIBAKIBURAMWIGISUBIZO.ARIKWIGIHE MWICARA MUBIRO MUGITONDO NGO HAKORWIBI.NTAHO TUZAGERA
ikibazo simyaka cyangwa umubare wakaminuza namazinayazo.ahubwo ikibazo nuko buriwese arikujya muri education agashaka kwiremera ibye kandi ntihanabe ho kujyinama nabagenerwa bikorwa.ese kuki batangaza batabanje kumva ibitecyerezo byacu.ese kuki ntamwana wumuyobozi ndumva yiga naniyasi ? ntakundi ariko kurijye NTATERAMBERE MUBUREZI MU RWANDA
iyo gahunda y'imyaka itatu nitangira izatangirira ku bahe ese ubu abazaba baratangiye kwiga iyo gahunda izabareba cyangwa bazatangiria kubazatangira muwa mbere
ARIKO MINISTERI Y'UBUREZI YABURIWE UMURONGO ITE ? KO AHANDI BIGENDA NEZA ? NGAHO MINISTRI YAHINDUTSE BURI MWAKA-UJE WESE N'IMPINDUKA ZE- WAGIRA NGO NI IGIHUGU KINDI KIDAFITE ICYEREKEZO KIMWE N'U RWANDA. NIBA VISION ARI MWE MUZEHE ADUFASHE GUKURA PARAPARA MU BUREZI KUKO NIBWO BUREMA. BIRABABAJE KO MINEDUC IHORA MU MISHINGA Y'IGERAGEZA NKAHO IKENEYE KURERWA AHO KUGIRA INSHINGANO YO KURERA.
wenda ahari abakene nabo bagira aho bigeza
KUGABANYA IMYAKA NTABWO ARI IKINTU KUKO MODULE ZITEGANIJE KWIGWA NTABWO MU MYAKA3 ZABA ZIRANGIYE KEREKA NAZO NIZIGABANYWA ARIKO NIYO ZAGABANYWA UBWO NAGACIRO K'IMPAMYABUSHOBOZI KABA KAGABANUTSE NDETSE N'UBUSHOBOZI
BAZAREBE NEZA HARI AMAKAMINUZA ATANGA AMAFARANGA YA BURUSE AMEZI MAKE Cg NIKO LETA IBA YAYAGENNYE ?.KANDI MU KWISHYURA BAZISHYUZA YOSE.MURAKOZE
Usibye n'iyi gahunda yo kwiga imyaka 3 muri Kaminuza, byaba byiza mugiye musaba n'abarezi ibitekerezo kuri izi mpinduka zo mu burezi ; nibo baba kuri field kandi ngirango muzi ko ari bamwe mu ncabwenge z'igihugu. Ni ukuri ibyo mbabwiye ni ingenzi.
Bagabanye imyaka bongere bursary cg bongere imyaka bongere bursary kuko ayo ni amederi yo kuyikuraho bakabyitwaza
NI BYIZA KUGABANYA IMYAKA IKAGERA KURI ITATU.Ariko mukurikirane kamenuza zigenga ubumenyi zitanga kuko mu kazi ubona abo zisohora nta musaruro batanga ,byumvikane ko bimfira mu ishuri.Ese masters nayo muzayigabanyiriza imyaka ikava kuri 2 ikagera kuri 1 ?
Ariko mbere yuko miunisitiri atangaza ibintu nkibi yajya abanza akagisha ibiganiro ku nzego zose uvuye mu giturage kugera ku ntiti zacu. Niyo mpavu habayeho za system nyisnshi , ngoyo reforme ya Nsekalije, hazaho Mbangura, Mudidi, n'abandi ba vuba aha. ugiyeho bimworohera guhindura system kuko uburyo isanzwe yagiyeho budakomeye. Mwikomeza guheza abanyarda ku bibazo bibareba kandi mufate umwanya uhagije kuri buri kintu. Ese iyo mubona ishuro systeme imaze guhinduka mu myaka 30 ishize ntimugira agahinda ko umuntu biberaho ageraho agacanganyikirwa ? Rwanda wee !!
Nonese nk'abarangije 3ans muri IPRC ko bagiye kubaha Advanced Diploma ubwo ntibakagombye kubaha A0 ?
oya
19.04.2013 saa 14:06
yahaya
none se abiga nursing ko biga itatu bagahabwa A1 ubwo noneho bazayigabanya bige mike batayigabanyije twaba turengana none se ubu murumva medecine yo wayiga 4 ans ukaba ufite abaganga wizeye kandi nabwo kuvuga ngo bakomeze bige 6 ans abandi biga 3 ans bagahabwa level zimwe bizaba ari induru gusa gusa ntanuwazongera kuyiga.murakoze
Yes it's good..i can see,we learn by copying,may be uganda's uneb visiting to reb changed alot in rwanda's system of education.yeah i support.Nibindi biracyaza.
YEWE SHA TWE TWIZE IMYAKA 5 NIBADUHE MASTERS
Rwose mureke guterana amagambo. Gusa dusabe ministeri ifite uburezi mu nshingano zayo kugenda step by step. Ivugururwa ntirikorwa mu gihe gito. Ku byerekeranye ni imyaka itatu, muri east africa barabikora ariko biterwa na fields. Leta igerageze gushishoza ikore ibikoreka. Njye maze imyaka myinshi nigisha ariko uburezi buragenda burushaho kwangirika. Mwambaza ngo bwangirika tureba he. Muzabaze abashyiraho gahunda ntawe bagishije inama.Murakoze
Arikose nkabiga nursing schools bo mubatekerezaho iki ?biga imyaka itatu bagahabwa A1.NAYO nibarayibona yaheze mukirere,turasaba ko ministeri y'uburezi yaturenganura.
Uwo muntu washobora iyi ministère nta wundi ni Amb. Joseph KAREMERA,ngira ngo mwarabyiboneye umuvuduko yari azanye mu burezi !!!
imyaka 3 yo nisawa, ariko uburezi bwo mu rda ntakigenda pe ubona umwana asohoka muri kaminuza adashobora kuvuga english nk'ururimi yigishijwemo kumara nibura iminota 5 adategwa.ariko rata ndabarenganya nigute wasobanukirwa mu gihe ugusobanurira nawe adasobanukiwe n'ururimi agusobanuriramo ? jye mbona byarutwa n'uko twajya tw' iyigira mu rurimi rwacu ninabwo twarushaho kumenya ibyo twiga aho kujya guhangana n'indimi z'amahanga tuvayo tutanamenye.
murakoze,nonese bitangira gute ,birareba abari muwambere ubu cg nabazatangira muri nzeri ?