Muhizi yahozaga ibitekerezo bye ku gutanga umusanzu ku burezi, maze atekereza gushinga ikigo cy’amashuri kizamufasha kwesa imihigo ye, akarerera u Rwanda.
Igitekerezo cya Muhizi Elie cyo gushinga ishuri gifite aho gihuriye n’amateka ye nk’uko abigarukaho, kuko yigeze kuba umwarimu, ariko kubera ibibazo ikigo yakoragaho cyahuye na byo birimo amadeni kikaza gufunga, yabuze akazi yakundaga.
Reba iyi video, umenye inkuru itangaje ya Muhizi



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!