00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Yatakaje akazi k’ubwarimu, ashinga ikigo cye cy’ishuri: Rwiyemezamirimo Muhizi (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 18 July 2025 saa 12:37
Yasuwe :

Muhizi Elie yashinze ikigo cy’amashuri y’inshuke n’abanza cya “Winners Mount Academy” gikorera mu Karere ka Musanze, agera ku nzozi zamubuzaga amahwemo.

Muhizi yahozaga ibitekerezo bye ku gutanga umusanzu ku burezi, maze atekereza gushinga ikigo cy’amashuri kizamufasha kwesa imihigo ye, akarerera u Rwanda.

Igitekerezo cya Muhizi Elie cyo gushinga ishuri gifite aho gihuriye n’amateka ye nk’uko abigarukaho, kuko yigeze kuba umwarimu, ariko kubera ibibazo ikigo yakoragaho cyahuye na byo birimo amadeni kikaza gufunga, yabuze akazi yakundaga.

Reba iyi video, umenye inkuru itangaje ya Muhizi


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages