Ku mwana w’umukobwa n’umugore ujya mu mihango buri kwezi we byo ni akarusho, kuko akenera ibikoresho by’isuku yifashisha mu bihe bye.
Ubushakashatsi bwakozwe na Banki y’Isi bwagaragaje ko nibura abakobwa miliyoni 500 ku Isi, batabasha kubona ibikoresho by’isuku mu gihe bari mu gihe cy’imihango.
Mu Rwanda, ababasha kugura cotex bayibona ku mafaranga ari hagati 1000 Frw na 1500 Frw bitewe n’ubwoko bwazo.
Kubura ubushobozi kuri bamwe nibyo byahaye Umuziranenge Blandine yo gukora ‘Kosmo pads’, cotex zishobora gukoreshwa igihe kinini, ku buryo bigabanya amafaranga umuntu yatangaga azigura buri kwezi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!