Iyi myigaragambyo yitabiriwe n’abarenga miliyoni, aho basaba ubutegetsi bwa Macron kwegura. Macron anengwa kuri politiki ze zirimo izigamije gutuma leta igabanya amadeni, ibyo bikajyana no gushyiraho ingamba zirimo kugabanya ibyo leta isohora.
Abaturage bamwe batangiye gusaba ko Macron ari we ukwiriye kwegura kuko bigaragara ko ubushobozi bwo gukomeza kuyobora igihugu buri kugenda bugabanyuka. Icyo benshi bari kwibaza, ni amaherezo y’ibi byose ndetse ni byo twagarutseho mu kiganiro Tubijye Imuzi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!