00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ibyo wamenya ku myigaragambyo iherutse kubera mu Bufaransa (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 22 September 2025 saa 10:57
Yasuwe :

Ibintu bikomeje gufata indi ntera mu Bufaransa aho mu cyumweru gishize habereye imyigaragambyo ikomeye, igamije kwamagana ubutegetsi bwa Perezida Emmanuel Macron ndetse n’ingamba za Guverinoma, zijyanye n’amavugurura agamije gufasha icyo gihugu kugabanya amadeni gifite.

Iyi myigaragambyo yitabiriwe n’abarenga miliyoni, aho basaba ubutegetsi bwa Macron kwegura. Macron anengwa kuri politiki ze zirimo izigamije gutuma leta igabanya amadeni, ibyo bikajyana no gushyiraho ingamba zirimo kugabanya ibyo leta isohora.

Abaturage bamwe batangiye gusaba ko Macron ari we ukwiriye kwegura kuko bigaragara ko ubushobozi bwo gukomeza kuyobora igihugu buri kugenda bugabanyuka. Icyo benshi bari kwibaza, ni amaherezo y’ibi byose ndetse ni byo twagarutseho mu kiganiro Tubijye Imuzi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages