Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, aherutse kubwira Abadepite ko impamvu zituma abantu babura urubyaro zirimo 30% zikomoka ku bagabo, na 30% zikomoka ku bagore. Izikomoka kuri bombi zingana na 30% mu gihe 10% ziba ari izindi mpamvu zitamenyekanye.
Mu bisubizo Leta yashyizeho ngo ababuze urubyaro barubone harimo harimo kwemera kororoka hakoreshejwe ikoranabuhanga aho umugore cyangwa umugabo ashobora gutanga intanga cyangwa urusoro bagatwitirwa n’undi muntu bahisemo.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!