00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ni ikintu buri wese yishimira: Ibitekerezo by’Abanyarwanda ku gutwitira undi

Yanditswe na IGIHE
Kuya 8 August 2025 saa 10:54
Yasuwe :

Abaturage bo mu mujyi wa Kigali batangaje ko bishimiye ingingo iri mu itegeko rigenga ubuvuzi mu Rwanda yemera ko umuryango ufite ikibazo cyo kubura urubyaro washaka umuntu wemera kuwutwitira, bakubahiriza ibisabwa byose ubundi akazababyarira umwana.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, aherutse kubwira Abadepite ko impamvu zituma abantu babura urubyaro zirimo 30% zikomoka ku bagabo, na 30% zikomoka ku bagore. Izikomoka kuri bombi zingana na 30% mu gihe 10% ziba ari izindi mpamvu zitamenyekanye.

Mu bisubizo Leta yashyizeho ngo ababuze urubyaro barubone harimo harimo kwemera kororoka hakoreshejwe ikoranabuhanga aho umugore cyangwa umugabo ashobora gutanga intanga cyangwa urusoro bagatwitirwa n’undi muntu bahisemo.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages