Iminara yagurishijwe ni 1456 yari mu maboko ya IHS Holding ndetse byitezwe ko iryo gura n’igurisha rizaba ryemejwe n’inzego zibishinzwe mu minsi mike.
Umuyobozi wa IHS Towers, Sam Darwish, yatangaje ko iryo gurisha ryatekerejweho neza bijyanye na gahunda yo guhesha agaciro ishoramari ry’abanyamigabane b’iki kigo.
IHS yatangiye ibikorwa byayo mu Rwanda mu 2013 binyuze muri IHS Rwanda. Icyo gihe yaguze umutungo wa MTN Rwandacell Ltd, inagura imigabane yose ya Rwanda Towers Ltd yahoze ari ishami rya Airtel Rwanda Ltd.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!