Daddy de Maximo Mwicira Mitali umunyamideli, akaba n’umunyamakuru nyuma y’uko yari amaze iminsi mu gihugu cya Denmark kuri we ngo ntiyumva impamvu abantu batekereza ko buri wese yasa n’undi.
Mu kiganiro na Sunday night Dady de Maximo yagize ati: “ Ntabwo umuntu ashobora gusa n’undi mu bikorwa cyangwa mu mitekerereze, rero umuntu yakabaye yita ku kintu kimufitiye akamaro aho kwirirwa uvuga umuntu n’ibikorwa bye kandi ufite inshingano zawe zikureba”.
Daddy de Maximo yamamaye cyane kubera akazi gakomeye yakoze mu kumenyakanisha u Rwanda ku rwego mpuzamahanga binyuze mu mpano ye yo kuba umunyamideli, Abantu benshi bemeza ko abagiye kuba mu bihugu byo hanze usanga bahindura imico ndetse n’imibereho, Niba wabyukaga saa kumi n’ebyiri z’igitondo ukabyuka saa kumi n’imwe, kugirango ugendane n’igihe.
Reba bumwe m’ubutumwa Dady de Maximo yatambukije k’urukuta rwe rwa facebook.



















TANGA IGITEKEREZO