Reuters yanditse ko OMS yabitangaje ku wa 23 Kamena 2026.
Kugeza ubu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abo byemejwe ko abamaze kwandura bageze kuri 1048 ku wa 21 Kamena 2026, naho abo cyahitanye bakaba ari 267.
Ebola yemejwe ko yagaragaye muri RDC muri Gicurasi 2016
Abarwayi byemejwe ko banduye Ebola muri RDC ni bo benshi ba mbere babayeho mu kwezi kwa mbere igaragaye mu bihugu bya Afurika



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!