00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ebola yagaragaye muri RDC yanditse amateka

Yanditswe na IGIHE
Kuya 23 June 2026 saa 12:49
Yasuwe :

Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, bwatangaje ko icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa Bundibugyo ari cyo cyagaragayemo abantu benshi byemejwe ko banduye mu kwezi kwa mbere ugereranyije n’ahandi hose Ebola yigeze kugaragara muri Afurika.

Reuters yanditse ko OMS yabitangaje ku wa 23 Kamena 2026.

Kugeza ubu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abo byemejwe ko abamaze kwandura bageze kuri 1048 ku wa 21 Kamena 2026, naho abo cyahitanye bakaba ari 267.

Ebola yemejwe ko yagaragaye muri RDC muri Gicurasi 2016

Abarwayi byemejwe ko banduye Ebola muri RDC ni bo benshi ba mbere babayeho mu kwezi kwa mbere igaragaye mu bihugu bya Afurika

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages