Polisi ya Ukraine yatangaje ko ibitero u Burusiya bwagabye kuri uyu wa 19 Kamena bwakoresheje ibisasu biremereye, drone na missile.
Reuters yanditse ko abandi icyenda, barimo abana bane, bakomeretse nyuma y’uko u Burusiya bugabye ibitero mu mujyi wa kabiri munini wa Ukraine, Kharkiv, hakoreshejwe ibisasu biremereye byo mu kirere,
Ama makuru kandi yashimangiwe na’Umuyobozi w’uyu mujyi, Ihor Terekhov, abinyujije kuri Telegram.
Ni nyuma y’umunsi umwe Ukraine igabye ibitero i Moscow byatumye ingendo zo mu kirere ku bibuga by’indege byo mu murwa Mukuru zihagarikwa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!