Imyaka 32 irashize u Rwanda rubohowe, Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, igihugu gitangira urugendo rutoroshye rwo kongera kubaka ubuzima, inzego, imiryango n’icyizere cy’abaturage.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeHighlights
HomeHighlights
Articles
-
U Rwanda rwa mbere n’ubu: Imibereho y’Abanyarwanda mu ndorerwamo y’imyaka 32 ishize
7 July, by Tuyishimire Umutesi Celine -
Ifatwa rya Gatuna, imirambo myinshi i Musha, Kigali ifatwa n’ibindi: Ibitazava mu mutwe wa Col (Rtd) Mugisha (Video)
8 July, by Philbert GirinemaCol (Rtd) Vincent Mugisha wageze i Kagitumba mu ijoro ryo ku wa 1 Ukwakira rishyira ku wa Kabiri Ukwakira, agatangira urugamba rwo kubohora igihugu, avuga ko nyuma y’urupfu rw’abayobozi bakuru b’Ingabo barimo Gen Maj Fred Rwigema, igitero cya mbere cyayobowe na Perezida Kagame wari uvuye muri Amerika aho yigaga, aricyo cyabaye intandaro y’intsinzi.
-
RRA yakusanyije arenga miliyari 3.956 Frw mu 2025/26
8 July, by Nshimiyimana Jean BaptisteIkigo cy’Igihugu cy’Imisoro, RRA, cyatangaje ko mu mwaka wa 2025/26 hakusanyijwe imisiro ingana na miliyari 3.956,4 Frw ugereranyije n’intego ya miliyari 3.795,4 Frw, bivuze ko yagezweho ku rugero rwa 104%.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama mpuzamahanga izagena ahazaza ha AI
8 July, by IGIHEPerezida Paul Kagame ari i Genève mu Busuwisi, aho yitabiriye inama mpuzamahanga ya ‘AI for Good Global Summit’, igamije kurebera hamwe uko ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano, AI, ryakoreshwa mu gukemura ibibazo bikomeye byugarije Isi, aho kuba intandaro y’ubusumbane bushya hagati y’ibihugu n’abaturage.
-
Perezida Kagame yagaragaje uko AI iri guhindura ubuzima bwa Afurika
8 July, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko Umugabane wa Afurika witeguye gutanga umusanzu mu bukungu bushingiye ku ikoranabuhanga, ahamya ko urubyiruko rwa Afurika ruri gukora imishinga inyuranye rukoresheje AI kandi itanga umusaruro.
IGIHE