Kuki twambara impeta mu buzima busanzwe? Byaje bite? Impeta zatangiye kubaho mu myaka ya kera, aho amateka yazo ashamikiye muri Afurika guhera mu myaka 3000 mbere y’ivuka rya Yesu.
Icyatangiye ari ikimenyetso gisanzwe cy’urukundo rudashira, cyaje guhinduka umugenzo, igihango, ikirango cy’ubuyobozi n’ikimenyetso cy’icyiciro cy’ubukungu umuntu abarizwamo.
Ubushakashatsi bwakozwe na Medium Center, bwagaragaje ko 53% by’abashakanye bambara impeta buri munsi n’ubwo abarenga 98% baba batazi inkomoko y’uyu muhango.
Kurikira ikiganiro, umenye amateka y’impeta, n’impamvu zigikoreshwa mu bihe bya none.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!