00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ibyo kurya 10 bituma usaza imburagihe

Yanditswe na Migabo Panthera
Kuya 8 February 2025 saa 01:34
Yasuwe :

Wabonye ukuntu abantu basigaye basaza imburagihe? Ku myaka 40 gusa, usanga twaratangiye kurwara umutima, diyabete, impyiko, umubyibuho ukabije, n’izindi ndwara nyinshi.

Kuki muri iki gihe ari bwo izo ndwara ziri kwibasira benshi kurusha uko byari bimeze mu myaka 30 ishize? Mbese byaba bifite aho bihuriye n’imibereho ya none n’ibyo turya?

Hari icyo twabikoraho se? Hari imvugo igira iti, “Turi ibyo turya”. Isano iri hagati y’ibyo dufungura n’ubuzima bwacu iratangaje.

Kurikira ikiganiro umenye ubwoko 10 bw’ibyo kurya n’ibyo kunywa bigira ingaruka zikomeye ku buzima bwawe, bikangiza ingingo z’umubiri n’uruhu, bityo ugasaza imburagihe.


Kwamamaza

Kwamamaza

Inkuru ziheruka - Wari uzi ko

Umunara
30/07/23 - 01:11
Indimu
12/01/21 - 09:14
Scorpion
12/01/21 - 09:12
Amenyo y’inka
06/01/21 - 12:18
Isabukuru
06/01/21 - 12:17
Umununi
06/01/21 - 12:17
Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .