Uwapfuye ni umugabo w’i Kigali wari ugeze mu zabukuru. Minisiteri y’Ubuzima yihanganishije umuryango we.
Usibye uyu muntu wapfuye, abanduye bo biyongereyeho 79 baba 6428 mu gihe abakize bo biyongereyeho 37 baba 5826, abakirwaye bo ni 548.
Kuva muri Werurwe iki cyorezo cyagaragara mu gihugu hamaze gufatwa ibipimo 661637 birimo 3642 byafashwe kuri uyu wa Gatanu.
11.12.2020 Amakuru Mashya | Update
*Kigali: 31, Musanze: 27, Burera: 12, Rubavu: 9 pic.twitter.com/2IpsauR7ik
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) December 11, 2020
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!