Nubwo imibare igaragaza ko abantu benshi bikingije, ntabwo iki cyorezo kirahagarara. Umuyobozi Mukuru wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus yagize ati “ntabwo turabasha kugera aho twifuza.”
Ku rundi ruhande, abahanga basobanura ko ikwirakwira n’ubwiyongere bw’icyorezo bishobora kwikuba inshuro eshanu mu bihugu bimwe na bimwe kubera ko usanga nta mbaraga zigishyirwa mu gukurikirana no gupima abantu ubwandu bushya, impamvu yagaragajwe nk’iyaba imbarutso ya virusi nshya zishobora kwihinduranya.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!