Iyi kanseri iza ku mwanya wa kane mu zitandukanye zibibasira, ikwirakwira n’ikura ryayo mu rwungano ngogozi rikaba ritabasha guhagarikwa.
Yaba yo ndetse n’izindi ziri mu zigira uruhare mu kwiyongera kw’imfu mu batuye Isi, muri Afurika no mu Rwanda muri rusange naho zikaba zihangayikishije kubera ubwiyongere bwazo.Nka Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko mu kinyacumi gishize, mu Rwanda habayeho ubwiyongere bwa kanseri y’urwungano ngogozi mu rubyiruko.
Menya ibitera kanseri y’urwungano ngogozi ufate ingamba mu maguru mashya
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!