RIB yabataye muri yombi ku wa 18 Werurwe 2025.
Mu itangazo RIB yasohoye, yatangaje ko aba bayobozi bombi bafashwe bakira ruswa, aho umwe yafashwe yakira ruswa ya 200.000 Frw, mu gihe undi yakiraga iya 100.000 Frw.
Aba bayobozi bombi bakiriye iyi ruswa kugira ngo uwari ufite isoko yongere arihabwe.
RIB yatangaje ko aba bayobozi bombi bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyarugenge na Rwezamenyo mu gihe dosiye yabo irimo gutunganywa ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!